Ubwoko bw'Igisimba cyangwa Inyamaswa ubushakashatsi bwerekana ko ari cyo abantu bakomokaho. Habaho Ingagi z'amoko menshi hanyuma iziba mu Rwanda ni iz'Imisozi (Gorilles de Montagnes/Mountain Gorillas). Bishoboka ko ari naho honyine ubwo bwoko busigaye bukaba butarenga 1000.